- Home
- Media room
- news and events
- KU NSHURO YA MBERE URUBYIRUKO RW’ U RWANDA RUZITABIRA INAMA YA COMMON (...)


U Rwanda ruzitabira kunshuro yambere inama izahuza abayobozi b’urubyiruko bo mu bihugu bigize umuryango wa Common wealth. Leta y’ u Rwanda izahagararirwa na Innocent .
Iyinama ifite insanganya matsiko igira iti “ Common wealth yacu , niyo ahazaza hacu” mu cyongereza ni “Our commonwealth Our Future”.
Muri iyi nama izabera muri Australie ku itariki ya 23/ukwakira /2011, igere kuri 28/10/ 2008 izigirwamo igenamigambi ry’ibikorwa by’imyaka ibiri bizakorerwa muri Common wealth.
Kuba u Rwanda rwaratumiwe muri iyi nama harimo inyungu kubanyarwanda kuberako ari umwanya wo kugaraza umusanzu warwo wo kubaka Common wealth, Innocent Niisimwe uzahagarira u Rwanda muri iyi nama yakomeje avuga ko U Rwanda ruzagaragaza ibyiza by’u Rwanda no kwerekana ukuri kubibera mu Rwanda ndetse no guhamagara abashoramali gushora imali mu gihugu cy’ u Rwanda . Iyi nama izahuza urubyiruko izabanzirizwa n’indi nama izahuza abakuru b’ibihugu na gouvernemement bagize uyu muryango.
U Rwanda rwinjiye muri Common Wealth guturuka 2008.
